Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




1 Samweli 10:22 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

22 Nuko babaza Uhoraho, bati «Mbese yaba yaje hano?» Uhoraho arabasubiza ati «Nguriya aho yihishe bugufi y’imitwaro.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

22 Nuko bongera kubaza Uwiteka bati “Mbese hari undi usigaye wo kuza hano?” Uwiteka arabasubiza ati “Nguriya aho yihishe mu bintu.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

22 Bongera kubaza Uhoraho bati: “Mbese uwo muntu yaba yaje hano?” Uhoraho arabasubiza ati: “Reba mu mizigo ni ho yihishe!”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

22 Bongera kubaza Uhoraho bati: “Mbese uwo muntu yaba yaje hano?” Uhoraho arabasubiza ati: “Reba mu mizigo ni ho yihishe!”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




1 Samweli 10:22
19 Iomraidhean Croise  

Abana bataravuka babyiganiraga mu nda ye; aravuga ati «Kuki ari jyewe ibi bibayeho?» Nuko ajya guhanuza Uhoraho.


Nyuma y’ibyo, Dawudi abaza Uhoraho, ati «Mbese nzamuke njye muri umwe mu migi ya Yuda?» Uhoraho aramusubiza ati «Zamuka.» Dawudi ati «Njye ahagana he?» Uhoraho aramusubiza ati «Jya i Heburoni.»


Ku ngoma ya Dawudi hatera inzara, imara imyaka itatu ikurikiranye. Dawudi abaza Uhoraho, maze Uhoraho aramubwira ati «Ibyo bitewe na Sawuli n’umuryango we b’abicanyi, kubera ko bishe Abagibewoni.»


Azasanga umuherezabitambo Eleyazari, uzambaza ugushaka kwanjye akoresheje amabuye y’ubufindo. Igisubizo bazahabwa icyo ari cyo cyose, ni cyo Yozuwe n’imbaga yose bazajya bakurikira.»


Kuko uwikuza wese azacishwa bugufi, naho uwicisha bugufi akazakuzwa.»


Yozuwe amaze gupfa, Abayisraheli babaza Uhoraho, bagira bati «Ni nde muri twe uzazamuka bwa mbere akajya gutera Abakanahani kugira ngo abarwanye?»


Baragenda, bazamuka bajya i Beteli kugira ngo babaze Imana, bati «Ni nde muri twe uzazamuka mbere gutera Ababenyamini, kugira ngo abarwanye?». Nuko Uhoraho arabasubiza ati «Ni Yuda uzabanza gutera!»


Abayisraheli ni ko kuzamuka, baganyira Uhoraho kugeza nimugoroba, nuko babaza Uhoraho, bati «Twongere se turwane n’Ababenyamini, abavandimwe bacu?» Uhoraho arabasubiza ati «Nimuzamuke mubatere!»


Pinehasi mwene Eleyazari, mwene Aroni, muri iyo minsi ni we wari ubushinzwe. Nuko Pinehasi arabaza, ati «Nongere ndwane na bene Benyamini umuvandimwe wanjye, cyangwa se mbyihorere?» Uhoraho arabasubiza ati «Muzamuke mubatere, kuko ejo nzababagabiza.»


Arongera akoranyiriza hamwe umuryango wa Benyamini, buri nzu ukwayo, maze inzu ya Matiri iba ari yo itorwa. Hanyuma akoranya inzu ya Matiri, umuntu ku wundi; maze hatorwa Sawuli mwene Kishi, ariko bamushatse baramubura.


Sawuli ni ko kubaza Imana, ati «Mbese nkomeze nkurikirane Abafilisiti, waba wabagabije ikiganza cy’Abayisraheli?» Ariko uwo munsi, Imana ntiyagira icyo imusubiza.


Nuko Samweli aravuga ati «N’ubwo wigaya nawe ubwawe, ese ubundi nturi umutware w’imiryango ya Israheli? Uhoraho yagusigiye kuba umwami wa Israheli.


Nuko Ahimeleki asiganuza Uhoraho ibimwerekeyeho, amuha n’ibyo kurya. Yamuhaye kandi n’inkota ya Goliyati, Umufilisiti.»


Dawudi amenya ko Sawuli yenda kumutera, maze abwira umuherezabitambo Abiyatari, ati «Zana uruhago rw’ubufindo.»


Nuko abwira Abiyatari umuherezabitambo, mwene Ahimeleki, ati «Ndakwinginze ngo unzanire uruhago rw’amabuye y’ubufindo.» Abiyatari aruzanira Dawudi.


Dawudi abaza Uhoraho, ati «Mbese nkurikire bariya bantu, ndi bubashyikire?» Uhoraho aramusubiza ati «Bakurikire, urabashyikira kandi ugarure ibyawe byose.»


Maze Sawuli aramusubiza ati «Mbese sindi uwo mu muryango wa Benyamini, ari wo muto mu miryango yose muri Israheli, kandi inzu yanjye si yo isuzuguritse mu mazu yose ya Benyamini? Ni iki rero gitumye umbwira ibyo ngibyo?»


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan