Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




1 Samweli 1:10 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

10 Ana ashenguwe n’ishavu, asengana Uhoraho amarira menshi.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

10 Ariko Hana yasenganaga Uwiteka agahinda, arira cyane.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

10 Hana yari afite agahinda kenshi, ararira cyane.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

10 Hana yari afite agahinda kenshi, ararira cyane.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




1 Samweli 1:10
22 Iomraidhean Croise  

Rasheli abonye ko atabyariye Yakobo, agirira mukuru we ishyari; abwira Yakobo ati «Mpa kubyara, nibyanga mpfe!»


Bageze i Goreni‐ha‐Atadi, hakurya ya Yorudani, bahacurira umuborogo mwinshi kandi ukomeye. Naho Yozefu yiraburira se iminsi irindwi.


Igihe atari yarangiza kuvuga, abahungu b’umwami barasesekara. Bakigera aho basesa amarira, umwami n’abagaragu be bose na bo bararira, barahogora.


Nuko Hushayi arakomeza, ati «Ubwawe uzi so n’ingabo ze: ni intwari kandi ubu bafite uburakari nk’ubw’ikirura cyajimije umwana wacyo mu gasozi. So kandi ni umuntu w’umurwanyi, nta bwo ari burare hamwe n’imbaga.


«Ndagusabye, Uhoraho, ibuka ko nagenze imbere yawe nta buryarya kandi n’umutima utunganye, ngakora ibigushimishije.» Nuko Hezekiya asuka amarira menshi cyane.


Ubwo nazinutswe ubuzima bwanjye, nimundeke, nta kimbuza kwiganyira, ngo mvuge ishavu rishengura umutima.


Ni yo mpamvu ntashobora guceceka, nzavuga agahinda kanzengereza, namamaze amaganya anyuzuye umutima.


ntarushya andeka ngo mpumeke, ahubwo ahora anyuzuzamo indurwe y’umubabaro!


hanyuma uzabone ubunyiyambaza igihe cy’amagorwa, ubwo rero nzagutabara, maze nawe unsingize.» (guceceka akanya gato)


Nanyiyambaza, nzamwitaba, nzamuba hafi mu gihe cy’amage, nzamurokora, maze nzamuheshe ikuzo.


Umutima ni wo umenya akababaro kawo, mbese nk’uko nta we ushobora gufatanya na wo ibyishimo.


Ubu se mvuge iki kindi, kandi byose ari we ubikora? Mu gihe cyose nzaba nkiriho umutima wanjye uzahora usobetse amaganya.


Mugore w’intabwa kandi ushavuye, Uhoraho aguhamagaye, agira ati «Umugore wo mu busore bwanjye se yasendwa?» Iyo ni Imana yawe ibivuze.


Nimudatega amatwi, nzigunga mu mfuruka yanjye, maze kubera ako kababaro, amaso yanjye azengemo kandi ahongoboke amarira, kuko ubushyo bw’Uhoraho bujyanywe bunyago!


Mwiririra uwapfuye cyangwa ngo mumugire mu cyunamo! Ahubwo nimuririre ugiye, kuko atazongera kubona ukundi igihugu cye kavukire.


Yampagije indurwe, anyuhira ibinyobwa bisharira.


Asambishwa n’agahinda, nyamara arushaho gusenga, abira ibyuya by’amaraso byatonyangiraga hasi.


Mu gihe cy’imibereho ye yo ku isi, ni We wasengaga atakamba mu miborogo n’amarira, abitura Uwashoboraga kumurokora urupfu, maze arumvirwa kuko yagororokeye Imana.


Imbaga yose iza i Beteli, maze bicara aho ngaho kugeza nimugoroba imbere y’Uhoraho. Nuko batera hejuru maze basesa amarira menshi.


Ariko we arababwira ati «Mwinyita Nawomi (Umutoni), ahubwo noneho mujye munyita Mara (Maganya), kuko Ushoborabyose yampaye agahinda k’akamenamutima.


Nuko agira iri sezerano, ati «Uhoraho, Mushoborabyose, ukunze ukita ku kababaro k’umuja wawe, ukanyibuka, ntutererane umuja wawe, maze umuja wawe ukamuha agahungu, nazakegurira Uhoraho mu buzima bwako bwose, n’urwogosho ntiruzakagere ku mutwe.»


Bamaze kurira no kunywera aho i Silo, Ana arahaguruka. Umuherezabitambo Heli akaba yicaye ku ntebe, ku rwinjiriro rw’Ingoro y’Uhoraho.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan