Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




1 Petero 3:12 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

12 Kuko Nyagasani ahoza amaso ku bantu b’intungane, agatega amatwi amasengesho yabo, ariko akima uruhanga rwe abakora ikibi.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

12 Kuko amaso y'Uwiteka ari ku bakiranutsi, N'amatwi ye ari ku byo basaba. Ariko igitsūre cy'Uwiteka kiri ku nkozi z'ibibi.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

12 Kuko Nyagasani ahoza ijisho ku ntungane, atega amatwi akumva ibyo zisaba. Nyamara arwanya inkozi z'ibibi.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

12 Kuko Nyagasani ahoza ijisho ku ntungane, atega amatwi akumva ibyo zisaba. Nyamara arwanya inkozi z'ibibi.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




1 Petero 3:12
21 Iomraidhean Croise  

kuko Uhoraho ahanga amaso ku isi yose kugira ngo arengere abafite umutima umutunganiye. Ubu noneho wagenjeje nk’umupfu; ni yo mpamvu guhera ubu uzahora mu ntambara.»


Ubu ngubu amaso yanjye arareba kandi amatwi yanjye arumva amasengesho avugirwa aha hantu.


Uhoraho ari mu Ngoro ye ntagatifu, Uhoraho afite intebe ye y’ubwami mu ijuru; ariko amaso ye ntayakura ku bantu, abasuzumisha indoro ye.


Ahubwo ni Uhoraho uragira abamwubaha, akita ku biringira impuhwe ze,


Mana iri i Siyoni, abantu bakwiye kugusingiza, kandi bakarangiza imihigo bakugiriye.


urengere igishyitsi witereye, n’umucwira ugukesha imbaraga.


Uhoraho yitaza abagiranabi, ariko akumva isengesho ry’intungane.


Amaso y’Uhoraho areba hose, akagenzura ababi n’abeza.


Igitambo cy’abagiranabi gitera Uhoraho ishozi, ariko amasengesho y’intabera akamushimisha.


Ni koko, ubu ngiye guhindukirana uyu mugi, nywugirire nabi aho kuwugirira neza — uwo ni Uhoraho ubivuze — uzagabizwe umwami w’i Babiloni, awutwike.’»


«Umwishingire, umwiteho, ntumugirire nabi, kandi umugenzereze uko abishaka.»


Naraboroheye bibwira ko barokotse umuriro, nyamara undi muriro uzabatwika; maze muzamenye ko ndi Uhoraho, igihe nzaba nabazinutswe.


Umuntu wese wo mu nzu ya Israheli cyangwa umunyamahanga ubatuyemo nibanywa amaraso, nzabarakarira maze mbace mu muryango wabo.


Jyewe, nzarakarira uwo muntu, muce mu muryango we, kuko azaba yatuye Moleki umwe mu bana be, akanduza Ingoro yanjye, kandi agasuzugura izina ryanjye ritagatifu.


Umuntu wese uzirukira abazimu maze akabisunga, nzamurakarira muce mu muryango we.


Nzabakuraho amaso n’umutima, maze abanzi banyu bazabiganzure. Abanzi banyu bazabakandamiza, maze mujye muhunga nta we ubirukanye.


Tuzi neza ko Imana itumva abanyabyaha, tukamenya ko uwubaha Imana, agakora icyo ishaka, imwumva.


ni igihugu Uhoraho Imana yawe yitaho, Uhoraho Imana yawe agihozaho amaso kuva mu ntangiriro y’umwaka kugera ku ndunduro yawo.


Nimwirege ibyaha byanyu bamwe ku bandi, kandi musabirane kugira ngo mukizwe. Isengesho ry’intungane rigira ubushobozi bwinshi.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan