Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yohana 8:12 - Bibiliya Yera

12 Yesu yongera kubabwira ati “Ni jye mucyo w'isi. Unkurikira ntazagenda mu mwijima na hato, ahubwo azaba afite umucyo w'ubugingo.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

12 Yezu arongera arababwira ati: “Ni jye rumuri rw'isi. Unkurikira ntazagenda mu mwijima, ahubwo azaba afite umucyo w'ubugingo.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

12 Yezu arongera arababwira ati: “Ni jye rumuri rw'isi. Unkurikira ntazagenda mu mwijima, ahubwo azaba afite umucyo w'ubugingo.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

12 Nuko Yezu yongera kubabwira ati «Ndi urumuri rw’isi, unkurikira ntazagenda mu mwijima, ahubwo azatunga urumuri rw’ubugingo.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yohana 8:12
31 Iomraidhean Croise  

Nyamara yancunguriye ubugingo ngo butajya muri rwa rwobo, Kandi kubaho kwanjye kuzareba umucyo.’


Kuko uzakiza abacishijwe bugufi, Ariko amaso yibona uzayasubiza hasi.


Nubwo yibwiraga akiriho ko ahiriwe, Kandi nubwo abantu bagushima witungishije,


Umucyo ubibirwa umukiranutsi, Umunezero ubibirwa abafite imitima itunganye.


aravuga ati “Kuba umugaragu wanjye ugakungura imiryango ya Yakobo, ukagarura Abisirayeli bacitse ku icumu, ibyo ntibihagije. Ahubwo nzaguha kuba umucyo wo kuvira amahanga, kugira ngo agakiza kanjye kagere ku mpera y'isi.”


Ni nde wo muri mwe wubaha Uwiteka akumvira umugaragu we? Ugenda mu mwijima adafite umucyo niyiringire izina ry'Uwiteka, kandi yishingikirize ku Mana ye.


Wagwije ishyanga, wabongereye ibyishimo bishimira imbere yawe ibyishimo nk'ibyo mu isarura, nk'iby'abantu bishima bagabanya iminyago.


Dushishikarire kumenya, tugire umwete wo kumenya Uwiteka: azatunguka nk'umuseke utambika nta kabuza, azatuzaho ameze nk'imvura, nk'imvura y'itumba isomya ubutaka.”


“Muri umucyo w'isi. Umudugudu wubatswe ku mpinga y'umusozi ntubasha kwihisha.


Kuba umucyo uvira amahanga, No kuba ubwiza bw'ubwoko bwawe bw'Abisirayeli.”


Yesu arababwira ati “Hasigaye umwanya muto, umucyo ukiri muri mwe. Nimugende mugifite umucyo butabiriraho mukiri mu nzira, kuko ugenda mu mwijima atamenya iyo ajya.


Mwizere umucyo mugifite umucyo, kugira ngo mube abana b'umucyo.” Yesu amaze kuvuga atyo aragenda, arabīhisha.


Naje mu isi ndi umucyo, kugira ngo unyizera wese ataguma mu mwijima.


Yesu aramubwira ati “Ni jye nzira n'ukuri n'ubugingo: nta wujya kwa Data ntamujyanye.


Uko gucirwaho iteka ni uku: ni uko umucyo waje mu isi, abantu bagakunda umwijima kuwurutisha umucyo babitewe n'uko ibyo bakora ari bibi,


Umuntu nashaka gukora ibyo Ikunda, azamenya ibyo nigisha ko byavuye ku Mana, cyangwa yuko mbivuga ku bwanjye.


Nkiri mu isi ndi umucyo w'isi.”


kuko uku ari ko Umwami yadutegetse ati ‘Ngushyiriyeho kuba umucyo w'abanyamahanga, Ngo ujyane agakiza kurinda ugeza ku mpera y'isi.’ ”


yuko Kristo atazabura kubabazwa, kandi ko ari we uzabanza kuzuka no kubwira ubwoko bwacu n'abanyamahanga ubutumwa bw'umucyo.”


Abo ni amasōko akamye kandi ni ibihu bijyanwa n'inkubi y'umuyaga, barindiwe umwijima w'icuraburindi


Kuko ubwo Imana itababariye abamarayika bakoze icyaha ahubwo ikabajugunya mu mworera, ikababohesha iminyururu y'umwijima ngo barindirwe gucirwa ho iteka,


Nituvuga yuko dufatanije na yo tukagendera mu mwijima, tuba tubeshye tudakurikiza ukuri,


Ni umuraba wo mu nyanja ushēga, babira ifuro ari ryo ibiteye isoni byabo, ni inyenyeri zizerera zibikiwe umwijima w'icuraburindi iteka ryose.


N'abamarayika batarinze ubutware bwabo ahubwo bakareka ubuturo bwabo, ibarindira mu minyururu idashira no mu mwijima w'icuraburindi kugira ngo bacirwe ho iteka ku munsi ukomeye.


Amahanga azagendera mu mucyo warwo, abami bo mu si bazaneyo ubwiza bwabo.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan