Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yohana 2:2 - Bibiliya Yera

2 Yesu bamutorana n'abigishwa be ngo batahe ubwo bukwe.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

2 Yezu n'abigishwa be na bo bari babutumiwemo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

2 Yezu n'abigishwa be na bo bari babutumiwemo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

2 Kandi Yezu n’abigishwa be bari babutumiwemo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yohana 2:2
30 Iomraidhean Croise  

Ntazatongana, ntazasakuza, Ndetse no mu nzira nta wuzumva ijwi rye.


Umwami azabasubiza ati ‘Ndababwira ukuri yuko ubwo mwabikoreye umwe muri bene Data aba boroheje bari hanyuma y'abandi, ari jye mwabikoreye.’


Azabasubiza ati ‘Ndababwira ukuri yuko ubwo mutabikoreye umwe muri bene Data aba boroheje bari hanyuma y'abandi, nanjye mutabinkoreye.’


Hanyuma y'ibyo aramanuka ajya i Kaperinawumu, ari kumwe na nyina na bene se n'abigishwa be, ariko ntibamarayo iminsi myinshi.


Abigishwa be bibuka uko byanditswe ngo “Ishyaka ry'inzu yawe rirandya.”


Nuko azuwe abigishwa be bibuka ko yabivuze, bemera ibyanditswe na rya jambo Yesu yari yaravuze.


Nuko vino ishize, nyina wa Yesu aramubwira ati “Nta vino bafite.”


Hanyuma y'ibyo Yesu ajyana n'abigishwa be mu gihugu cy'i Yudaya, atindanayo na bo abatiza abantu.


(icyakora Yesu ubwe si we wabatizaga, ahubwo ni abigishwa be),


Abigishwa be barabazanya bati “Mbese hari uwamuzaniye ibyokurya?”


(kuko abigishwa be bari bagiye mu mudugudu kugura ibyo kurya.)


Bamaze guhaga abwira abigishwa be ati “Nimuteranye ubuvungukira busigaye hatagira ikintu gipfa ubusa.”


Bugorobye abigishwa be baramanuka bajya ku nyanja.


Nuko benshi mu bigishwa be babyumvise baravuga bati “Iryo jambo rirakomeye, ushobora kuryihanganira ni nde?”


Benshi mu bigishwa be bahera ubwo basubira inyuma, barorera kugendana na we.


Yesu abaza abigishwa be cumi na babiri ati “Kandi namwe murashaka kugenda?”


Yesu arabasubiza ati “Mbese si jye wabitoranyirije uko muri cumi na babiri? None dore umwe muri mwe ni umwanzi.”


Uwo yavugaga ni Yuda Isikariyota mwene Simoni kuko ari we wari ugiye kuzamugambanira, ari umwe muri abo cumi na babiri.


Umwe mu bigishwa be, ari we Andereya mwene se wa Simoni Petero aramubwira ati


Nuko bene se baramubwira bati “Va hano ujye i Yudaya, kugira ngo abigishwa bawe barebe imirimo ukora,


amubonye amujyana mu Antiyokiya. Bamarayo umwaka wose baterana n'ab'Itorero, bigisha abantu benshi, kandi muri Antiyokiya ni ho abigishwa batangiriye kwitwa Abakristo.


Nuko abigishwa bagambirira koherereza bene Data batuye i Yudaya imfashanyo, umuntu wese akurikije ubutunzi bwe.


Namwe iyo murya cyangwa munywa cyangwa mukora ikindi kintu cyose, mujye mukorera byose guhimbaza Imana.


Umugore ahambirwa ku mugabo we akiriho, ariko iyo umugabo apfuye nta kimubuza gucyurwa n'uwo ashaka, icyakora iyo ari uri mu Mwami wacu.


Kandi icyo muzavuga cyose n'ibyo muzakora, mujye mubikora byose mu izina ry'Umwami Yesu, mushima Imana Data wa twese ku bw'uwo.


Kurongorana kubahwe na bose, kandi kuryamana kw'abarongoranye kwe kugira ikikwanduza, kuko abahehesi n'abasambanyi Imana izabacira ho iteka.


Dore mpagaze ku rugi ndakomanga. Umuntu niyumva ijwi ryanjye agakingura urugi, nzinjira iwe dusangire.’


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan