Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Obadiya 1:17 - Bibiliya Yera

17 “Ariko ku musozi wa Siyoni hazaba abarokotse kandi hazaba ahera, ab'inzu ya Yakobo bazasubirana ibyabo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

17 Nyamara Siyoni uzongera kuba umusozi unyeguriwe, uzaturwaho n'abaho barokotse, abakomoka kuri Yakobo bazasubira mu byabo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

17 Nyamara Siyoni uzongera kuba umusozi unyeguriwe, uzaturwaho n'abaho barokotse, abakomoka kuri Yakobo bazasubira mu byabo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

17 Nyamara abacitse ku icumu bazakoranira ku musozi wa Siyoni, wongere ube mutagatifu; na bene Yakobo basubirane ibyabo byanyazwe!

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Obadiya 1:17
25 Iomraidhean Croise  

Ijuru n'isi bimushime, N'inyanja n'ibizigendamo byose.


I Siyoni hazacungurwa n'imanza zitabera, kandi abahindutse bo muri yo bazakizwa no gukiranuka.


Uwo munsi ishami ry'Uwiteka rizaba ryiza rifite icyubahiro. Abisirayeli bazarokoka, imyaka yo mu gihugu izabaryohera cyane ibabere myiza.


Nigije hafi gukiranuka kwanjye ntikuzaba kure n'agakiza kanjye ntikazatinda, nzagashyira i Siyoni ku bwa Isirayeli, ari we cyubahiro cyanjye.


Kandi abantu bawe bose bazaba abakiranutsi, bazaragwa igihugu kugeza iteka ryose, bazaba ishami nitereye, umurimo w'intoki zanjye umpesha icyubahiro.


Muri Yakobo nzahakura urubyaro, no muri Yuda nzakuramo uwo kuragwa imisozi yanjye, abatoni banjye bazaharagwa n'abagaragu banjye bazahatura.


Uku ni ko Uwiteka Nyiringabo Imana ya Isirayeli ivuga iti “Bazongera kuramutsa iyi ndamutso mu gihugu cy'u Buyuda no mu midugudu yaho, ubwo nzagarura ababo bajyanywe ari imbohe ngo ‘Uwiteka aguhire wa buturo burimo gukiranuka we, wa musozi uriho kwera we!’


bitume hatagira uwo mu basigaye b'i Buyuda bagiye mu gihugu cya Egiputa ngo batureyo uzabirokoka ngo asigare, asubire mu gihugu cy'u Buyuda aho bifuza gusubira ngo bahature, kuko ari nta wuzasubirayo keretse impunzi.’ ”


Ariko abazacika ku icumu bazava mu gihugu cya Egiputa basubire mu gihugu cy'u Buyuda ari bake, nuko abasigaye b'i Buyuda bose bari baragiye mu gihugu cya Egiputa guturayo, bazamenya ijambo rihamye iryo ari ryo yuko ari iryanjye cyangwa iryabo.


Ntutinye Yakobo we, mugaragu wanjye, ni ko Uwiteka avuga, kuko ndi kumwe namwe kandi nzatsembaho rwose amahanga yose nari narakwirukaniyemo, ariko weho sinzagutsembaho rwose nzaguhana uko bikwiriye, ariko ntabwo nzareka kuguhana.”


Ni ukuri nzatuma abantu babagendaho ari bo bwoko bwanjye Isirayeli, namwe muzaba igihugu cyabo kibabere gakondo, kandi ntabwo kizongera kubamarira abana ukundi.


Ariko abacitse ku icumu bazahungira mu misozi bameze nk'inuma zo mu bikombe, bose bazaba baganya umuntu wese aborozwa n'ibibi bye.


Ariko abera b'Isumbabyose bazahabwa ubwo bwami babuhindūre, bube ubwabo iteka ryose.’


Kandi umuntu wese uzambaza izina ry'Uwiteka azakizwa, kuko i Siyoni n'i Yerusalemu hazaba abarokotse, nk'uko Uwiteka yabivuze, kandi mu barokotse hazabamo abo Uwiteka ahamagara.


Dore Uwiteka Imana ihoza amaso yayo ku bwami bufite ibyaha iravuga iti ‘Nzabatsemba ku isi, keretse inzu ya Yakobo ni yo ntazarimbura rwose.’ Ni ko Uwiteka avuga.


Kuko hazabaho imbuto z'amahoro, umuzabibu uzera imbuto zawo, ubutaka buzera umwero wabwo, n'ijuru rizatonda ikime cyaryo, ibyo byose nzabiraga abasigaye bo muri ubu bwoko.


Uwiteka aravuga ati “Ngarutse i Siyoni nzatura muri Yerusalemu imbere, kandi i Yerusalemu hazitwa Umurwa w'ukuri, umusozi w'Uwiteka Nyiringabo uzitwa Umusozi wera.”


Muri rwo ntihazinjiramo ikintu gihumanya cyangwa ukora ibizira akabeshya, keretse abanditswe mu gitabo cy'ubugingo cy'Umwana w'Intama.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan