Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Obadiya 1:14 - Bibiliya Yera

14 Ntugahagarare mu mahuriro y'inzira kuhicira impunzi ze, kandi ntugatange abe bacitse ku icumu ku munsi w'amakuba yabo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

14 Ntimwari mukwiye gutegera mu mahuriro y'inzira, mugamije kwica impunzi z'Abayuda, abacitse ku icumu mu gihe cy'akaga ntimwari mukwiye kubagabiza abanzi.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

14 Ntimwari mukwiye gutegera mu mahuriro y'inzira, mugamije kwica impunzi z'Abayuda, abacitse ku icumu mu gihe cy'akaga ntimwari mukwiye kubagabiza abanzi.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

14 Ntugahagarare mu mayirabiri ngo ubone uko utsemba abawo bahunga! Ntugatange abawo bacitse ku icumu ku munsi w’akababaro!

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Obadiya 1:14
10 Iomraidhean Croise  

duhaguruke tuzamuke tujye i Beteli, nanjye nzubakirayo igicaniro Imana, yanyumviye ku munsi w'umubabaro wanjye, kandi yagendanaga nanjye mu nzira nagenzemo.”


Nzajya nezerwa nishimira imbabazi zawe, Kuko warebye amakuba yanjye n'ibyago byanjye, Wamenye imibabaro y'umutima wanjye,


Tugīre inama uca imanza ku manywa y'ihangu utubere igicucu gihwanye n'ijoro, uhishe ibicibwa n'inzererezi ntuzazigambanire.


Ibicibwa by'i Mowabu bibe iwawe, Mowabu umubere ubuhungiro bw'abamunyaga kuko abahenzi bahindutse ubusa, kunyaga kugashira kandi abarenganya bakarimbuka bagashira mu gihugu.


Baramubwira bati “Hezekiya yadutumye ngo ‘Uyu munsi ni umunsi w'umubabaro n'ibihano no gushinyagurirwa, kuko abana benda kuvuka kandi nta mbaraga zo kubabyara.


Ayii, uwo munsi urakomeye nta wundi umeze nka wo! Ni igihe cy'umubabaro wa Yakobo ariko azakirokokamo.


Uwiteka aravuga ati “Ibicumuro bitatu by'i Gaza, ndetse bine, bizantera kutabakuraho igihano kuko bajyanye abantu bose ari imbohe, bakabaha Edomu.


Uwiteka aravuga ati “Ibicumuro bitatu by'i Tiro, ndetse bine, bizantera kutabakuraho igihano kuko abo bajyanye ari imbohe bose, babahaye Edomu ntibibuka isezerano ry'ubuvandimwe.


Ariko ntukarebēre ku munsi wa mwene so, umunsi yabonyemo amakuba, kandi ntukishime ku Bayuda ku munsi barimbutsemo, kandi ntukababwirane ubwibone ku munsi bagizemo amakuba.


Nuko mujye mu nzira nyabagendwa, abo muri buboneyo bose mubahamagare baze batahe ubukwe.’


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan