Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 9:6 - Bibiliya Yera

6 Ariko haguruka ujye mu mudugudu, uzabwirwa ibyo ukwiriye gukora.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

6 Ariko haguruka ujye mu mujyi, uzahabwirirwa icyo ugomba gukora.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

6 Ariko haguruka ujye mu mujyi, uzahabwirirwa icyo ugomba gukora.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

6 Ariko haguruka winjire mu mugi, bari bukubwire icyo ugomba gukora.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 9:6
33 Iomraidhean Croise  

Ni nde wubaha Uwiteka? Azamwigisha inzira akwiriye guhitamo.


Uwiteka, hahirwa umuntu uhana, Ukamwigishisha amategeko yawe,


“Nabonye ingeso ze nzamukiza, kandi nzamuyobora musubize ibyo kumumarana umubabaro hamwe n'abamuborogeye.


Kuko ibyo byose ukuboko kwanjye ari ko kwabiremye, bikabaho byose.” Ni ko Uwiteka avuga. “Ariko uwo nitaho ni umukene ufite umutima umenetse, agahindishwa umushitsi n'ijambo ryanjye.


Maze arambwira ati “Mwana w'umuntu, byuka uhagarare mvugane nawe.”


Aho ni ho ukuboko k'Uwiteka kwanziyeho maze arambwira ati “Haguruka ujye mu kibaya, ni ho ndi buvuganire nawe.”


Narabyumvise umubiri wanjye uhinda umushyitsi, Iminwa yanjye isusumirishwa n'iryo jwi, Ikimungu cyinjira mu magufwa yanjye, Mpindira umushyitsi aho ndi, Kuko nkwiriye gutegereza umunsi w'amakuba nywitondeye, Igihe uzagera ku bwoko buzaduteza ibitero.


Ariko benshi b'imbere bazaba ab'inyuma, kandi ab'inyuma bazaba ab'imbere.


Abantu baramubaza bati “None se tugire dute?”


Baramusubiza bati “Koruneliyo umutware utwara umutwe w'abasirikare ijana, umuntu ukiranuka wubaha Imana, ushimwa n'ubwoko bwose bw'Abayuda, yabwirijwe na marayika wera kugutumira, ngo uze iwe yumve amagambo yawe.”


Nuko tuma i Yopa, utumireyo Simoni wahimbwe Petero, acumbitse kwa Simoni w'umuhazi hafi y'inyanja.’


Acumbitse kwa Simoni w'umuhazi, urugo rwe ruri iruhande rw'inyanja.”


Abo bantu bumvise ibyo bibacumita mu mitima, nuko babaza Petero n'izindi ntumwa bati “Bagabo bene Data, mbese tugire dute?”


Ndamubaza nti ‘Ngire nte, Mwami?’ Umwami aransubiza ati ‘Haguruka ujye i Damasiko, ni ho uzabwirirwa ibyo ugenewe gukora byose.’


Ariko haguruka uhagarare, kuko igitumye nkubonekera ari ukugira ngo ngutoranye nkugire umukozi wanjye, n'umugabo wo guhamya ibyo ubonye n'ibyo nzakubonekerana,


Aramubaza ati “Uri nde, Mwami?” Na we ati “Ndi Yesu, uwo urenganya.


Kandi Yesaya ashira amanga cyane aravuga ati “Nabonywe n'abatanshatse, Neretswe abatambaririje.”


kuko ubwo bari batazi gukiranuka kw'Imana uko ari ko, bagerageje kwihangira gukiranuka kwabo ubwabo, bituma basuzugura gukiranuka kw'Imana,


Ariko amategeko yaziye hanyuma kugira ngo ibyaha bigwire, nyamara aho ibyaha byagwiriye ni ho n'ubuntu bwarushijeho gusaga,


Nanjye kera nari muzima ntafite amategeko, maze itegeko rije icyaha kirahembuka mperako ndapfa.


Nuko abo nkunda, nk'uko iteka ryose mwajyaga mwumvira uretse igihe mpari gusa, ahubwo cyane cyane ntahari, mube ari ko musohoza agakiza kanyu mutinya, muhinda imishyitsi,


Ariko nubwo bimeze bityo Imana irushaho kutugirira imbabazi ni cyo gituma ivuga iti “Imana irwanya abibone, ariko abicisha bugufi ikabahera ubuntu.”


Maze uhamagare Yesayi aze ku gitambo, nanjye nzakwereka uko uzagenza, uzansukira amavuta ku wo nzakubwira.”


Sawuli arabutswe ingabo z'Abafilisitiya aratinya, umutima we urakuka cyane.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan