Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 15:5 - Bibiliya Yera

5 Ariko bamwe bo mu gice cy'Abafarisayo bizeye barahaguruka, bavuga yuko abanyamahanga bakwiriye gukebwa no gutegekwa kwitondera amategeko ya Mose.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

5 Ariko bamwe bo mu ishyaka ry'Abafarizayi bari bemeye Kristo, barahaguruka baravuga bati: “Abo banyamahanga bagomba gukebwa no gutegekwa gukurikiza Amategeko ya Musa.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

5 Ariko bamwe bo mu ishyaka ry'Abafarizayi bari bemeye Kristo, barahaguruka baravuga bati: “Abo banyamahanga bagomba gukebwa no gutegekwa gukurikiza Amategeko ya Musa.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

5 Ariko bamwe mu bemeye bo mu gatsiko k’Abafarizayi batera hejuru bati «Ni ngombwa ko abo banyamahanga bagenywa, kandi bagategekwa kubahiriza Amategeko ya Musa.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 15:5
14 Iomraidhean Croise  

Abonye Abafarisayo n'Abasadukayo benshi bazanywe no kubatizwa arababaza ati “Mwa bana b'incira mwe, ni nde wababuriye ngo muhunge umujinya uzatera?


Nuko abantu bamwe bavuye i Yudaya bigishaga bene Data bati “Nimudakebwa nk'uko umugenzo wa Mose uri, ntimubasha gukizwa.”


Kuko twumvise yuko abantu bavuye muri twe bababwiye amagambo yo guhagarika imitima yanyu, no kuyitera gushidikanya kandi tutabibategetse,


Na bo babyumvise bahimbaza Imana, baramubwira bati “Urareba nawe mwene Data, uburyo abo mu Bayuda bizeye ari ibihumbi byinshi, kandi bose bagira ishyaka ry'amategeko!


Ariko ndakwemerera iki, yuko iyo Nzira aba bita igice, ari yo ngenderamo nkorera Imana ya ba sogokuruza, nizeye ibyanditswe mu mategeko byose no mu byahanuwe.


Twabonye uyu muntu ari icyago, agomesha abantu bo mu Bayuda bose bari mu bihugu byose, kandi ni we mutware w'igice cyitwa icy'Abanazareti.


Ariko turashaka kumva ibyo utekereza, kuko icyo gice tuzi yuko bakivuga nabi hose.”


Ibyo ni byo byatumye umutambyi mukuru ahagurukana n'abari kumwe na we bose, ari bo gice kitwa icy'Abasadukayo, buzura ishyari


Mbese hariho umuntu wahamagawe yarakebwe? Nuko rero ntagahinduke nk'utakebwe. Hariho umuntu wahamagawe atakebwe? Nuko ntagakebwe.


Ariko ubwo Kefa yazaga muri Antiyokiya, namugishije impaka duhanganye kuko yari yarabonetsweho n'umugayo,


Ariko mbonye ko batagenda mu nzira igororotse ihura n'ukuri k'ubutumwa bwiza, mbwirira Kefa imbere ya bose nti “Ubwo wowe uri Umuyuda ukifata nk'abanyamahanga, ntiwifate nk'Abayuda, ni iki gituma uhatira abanyamahanga kwifata nk'Abayuda?”


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan