Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 13:12 - Bibiliya Yera

12 Uwo mutware abonye ibibaye arizera, atangarira kwigisha k'Umwami Yesu.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

12 Wa mutegetsi abonye ibibaye atangazwa n'inyigisho za Nyagasani, maze aramwemera.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

12 Wa mutegetsi abonye ibibaye atangazwa n'inyigisho za Nyagasani, maze aramwemera.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

12 Wa mutegetsi ngo abone ibibaye, atangazwa n’inyigisho za Nyagasani, nuko aremera.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 13:12
20 Iomraidhean Croise  

Umutware utwara umutwe w'abasirikare n'abari kumwe na we barinda Yesu, babonye igishyitsi n'ibibaye baratinya cyane bati “Ni ukuri, uyu yari Umwana w'Imana.”


Bose baramushima, batangazwa n'amagambo meza avuye mu kanwa ke bati “Mbese aho uyu si we mwene Yosefu?”


Bose baterwa n'ubwoba bahimbaza Imana bati “Umuhanuzi ukomeye abonetse muri twe”, kandi bati “Imana igendereye ubwoko bwayo.”


Abasirikare barabasubiza bati “Yemwe, ntabwo higeze kuba umuntu uvuga nka we.”


Abanyamahanga babyumvise batyo barishima bahimbaza ijambo ry'Imana, abari batoranirijwe ubugingo buhoraho bose barizera.


Ijambo ry'Umwami Yesu rikwira muri icyo gihugu cyose.


ari kumwe n'umutware Serugiyo Pawulo wari umunyabwenge. Uwo ahamagaza Barinaba na Sawuli, ashaka kumva ijambo ry'Imana.


Ariko Eluma w'umukonikoni (izina rye ni ko risobanurwa) abagisha impaka, ashaka kuyobya uwo mutware ngo atizera.


Pawulo na Barinaba na bo baguma muri Antiyokiya, bigisha abantu bababwira ijambo ry'Umwami Yesu, bafatanyije n'abandi benshi.


Hashize iminsi Pawulo abwira Barinaba ati “Dusubire tugenderere bene Data bo mu midugudu yose, aho twavuze ijambo ry'Umwami Yesu tumenye uko bameze.”


Ariko ubwo Galiyo yari umutware wo muri Akaya, Abayuda bahuza inama. Nuko batera Pawulo bamujyana imbere y'intebe y'imanza bati


Agumya kugira atyo amara imyaka ibiri. Nuko abatuye muri Asiya bose bumva ijambo ry'Umwami Yesu, Abayuda n'Abagiriki.


Uko ni ko ijambo ry'Umwami ryagwiriye cyane, kandi rikomeza kuganza.


Nuko Demetiriyo n'abacuzi bari kumwe na we, niba bafite uwo barega, hariho iminsi yagenewe kuburanirwamo kandi n'abacamanza barahari baregane.


Abo bantu bose bari nka cumi na babiri.


Bugufi bw'aho hantu hari igikingi cy'umutware w'icyo kirwa witwaga Pubiliyo, aratwakira atuzimanira neza iminsi itatu.


nyamara ntibabasha gutsinda ubwenge n'Umwuka bimuvugisha.


Na bo bamaze guhamya no kubwira abantu ijambo ry'Umwami, basubira i Yerusalemu babwiriza ubutumwa bwiza mu birorero byinshi by'Abasamariya.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan