Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Hoseya 2:3 - Bibiliya Yera

3 “Ami we, mubwire abo muva inda imwe, nawe Ruhama, mubwire bashiki banyu muti

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

3 Bityo abavandimwe banyu muzabite “Bwokobwanjye”, naho bashiki banyu mubite “Mpuhwe.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

3 Bityo abavandimwe banyu muzabite “Bwokobwanjye”, naho bashiki banyu mubite “Mpuhwe.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

3 Nimubwire abavandimwe banyu, muti «Ntimukiri Lo‐Ami, ahubwo muri umuryango wanjye», na bashiki banyu, muti «Ntimukiri Lo‐Ruhama, ahubwo abagiriwe imbabazi.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Hoseya 2:3
27 Iomraidhean Croise  

Abantu bagirirayo inyota bitotombera Mose bati “Ni iki cyatumye udukurira muri Egiputa, kugira ngo utwicishanye inyota n'abana bacu n'amatungo yacu?”


Igihugu kirarira kiraserebeye. I Lebanoni hakozwe n'isoni hararabye, i Sharoni hameze nk'ubutayu, i Bashani n'i Karumeli hahungutse amababi.


Ubwambure bwawe buzatwikururwa, ni koko isoni zawe zizagaragara. Nzahōra inzigo ne kubabarira n'umwe.”


Inzu yacu yera nziza, aho ba sogokuruza baguhimbarizaga yarahiye, n'ibintu byacu byose binezeza byarononekaye.


Abungeri benshi bononnye uruzabibu rwanjye, banyukanyutse igikingi cyanjye, igikingi cyanjye nakundaga bagihinduye ubunoge bubi.


Kandi niwibwira mu mutima wawe uti ‘Ni iki cyatumye ibyo byose bingeraho?’ Igicumuro cyawe gikabije ni cyo cyatumye ibinyita by'imyambaro yawe bibehurwa, n'ibitsinsino byawe bigakomereka.


Ni cyo gituma nzabeyura inkanda yawe ureba, nkagaragaza ubwambure bwawe.


Imfura zabo zohereje abana babo bato kuvoma, bageze ku mariba baburamo amazi, bagarukana ibibindi byabo birimo ubusa bakorwa n'isoni, bariheba bifata mu mutwe.


Azaba ameze nk'inkokōre yo mu butayu, kandi icyiza nikiza ntazakibona, ahubwo azatura ku gasi ko mu butayu, mu gihugu cy'ubukūna kidatuwemo.


Yemwe ab'iki gihe, nimwitegereze ijambo ry'Uwiteka. Mbese nabereye Isirayeli ubutayu, cyangwa igihugu cy'umwijima w'icuraburindi? Ni iki gituma abantu banjye bavuga bati ‘Turi ibyigenge, ntabwo tuzakugarukaho ukundi’?


Ntibarushya babaza bati ‘Uwiteka wadukuye mu gihugu cya Egiputa ari he? Ni we waturongōye mu butayu mu gihugu cy'umutarwe n'imyobo, mu gihugu cyumye kirimo igicucu cy'urupfu, mu gihugu kitanyuramo umuntu kandi kitagira ugituyemo.’


Kuko uko ari ko Uwiteka avuga iby'inzu y'umwami w'u Buyuda ati “Umbereye nk'i Galeyadi n'impinga z'i Lebanoni. Ni ukuri nzaguhindura ubutayu n'imidugudu idatuwemo.


Nitegereje mbona ahantu hari uburumbuke harabaye ubutayu, n'imidugudu yabo yose yasenyukiye imbere y'Uwiteka ku bw'uburakari bwe bukaze.


Imidugudu yaho yahindutse amatongo n'umukakaro n'ikidaturwa, igihugu kitabamo umuntu kandi ntihagire umwana w'umuntu ukinyuramo.


Kuko Abisirayeli n'Abayuda bataretswe n'Imana yabo Uwiteka Nyiringabo, nubwo igihugu cyabo cyuzuyemo ibicumuro bacumuye ku Uwera wa Isirayeli.


Kandi muri ibyo bizira byawe byose n'ubusambanyi bwawe, ntiwaruhije wibuka iminsi y'ubuto bwawe, igihe utawe wambaye ubusa ukigaragura mu ivata ryawe.


Noneho wateye mu butayu, mu gihugu cy'umukakaro gifite inyota.


Naho yakororokera muri bene se, iburasirazuba hazaturuka umuyaga, ari wo muyaga w'Uwiteka uzamuka uva mu butayu, isōko ye izakama kandi iriba rye na ryo rizuma, bazasahura ububiko bakuremo ibintu byiza byose.


“Erega ntiyamenye ko ari jye wamutungaga mu myaka, na vino, n'amavuta ya elayo, nkamugwiriza izo feza n'izahabu bakoreshereje Bāli.


Ya mahembe cumi wabonye na ya nyamaswabizanga maraya uwo, bimunyage bimucuze birye inyama ze, bimutwike akongoke.


Agwa umwuma cyane atakambira Uwiteka aramubwira ati “Wadukirishije ukuboko k'umugaragu wawe, none inyota iranyica ngwe mu maboko y'abatakebwe?”


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan