Abalewi 7:16 - Bibiliya Yera16 “Ariko niba ari igitambo umuntu atambiye guhigura umuhigo, cyangwa ari icyo atambishwa n'umutima ukunze, kijye kiribwa ku munsi agitambiyeho, kandi ikiraye kiribwe ku wa kabiri. Faic an caibideilBibiliya Ijambo ry'imana D16 Niba icyo gitambo cy'umusangiro ari icyo guhigura umuhigo cyangwa icy'ubushake, bajye barya inyama zacyo umunsi cyatambweho nizirara bazirye bukeye, Faic an caibideilBibiliya Ijambo ry'imana16 Niba icyo gitambo cy'umusangiro ari icyo guhigura umuhigo cyangwa icy'ubushake, bajye barya inyama zacyo umunsi cyatambweho nizirara bazirye bukeye, Faic an caibideilKinyarwanda Bibiliya Ntagatifu16 Hari ubwo igitambo gishobora guturwa ari icyo guhigura umuhigo, cyangwa kigaturwa kubera ubushake bw’umuntu. Inyama zacyo rero zigomba kuribwa kuri uwo munsi cyatuweho. Cyakora, bukeye bwaho, bashobora kurya izaraye. Faic an caibideil |
“ ‘Kandi igihe umwami azaturira Uwiteka igitambo abyishakiye, ari igitambo cyoswa cyangwa igitambo cy'uko ari amahoro, azugururirwe irembo ryerekeye iburasirazuba, atambe igitambo cye cyoswa n'ibitambo bye by'uko ari amahoro, nk'uko ajya agenza ku munsi w'isabato maze asohoke, namara guhita irembo ryugarirwe.
maze ahantu Uwiteka Imana yanyu izatoraniriza kuhashyira izina ryayo ngo rihabe, azabe ari ho mujyana ibyo mbategeka byose: ibitambo byanyu byo koswa, n'ibitambo byanyu bindi, na kimwe mu icumi cyose muzatanga, n'amaturo yererezwa muzatura, n'ibirusha ibindi kuba byiza muzahiguza imihigo mwahize Uwiteka.