Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Abalewi 26:13 - Bibiliya Yera

13 Ndi Uwiteka Imana yanyu yabakuriye mu gihugu cya Egiputa kugira ngo mutaba abaretwa babo, nabatuye umutwaro wabahetamishaga mbagendesha mwemye.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

13 Ndi Uhoraho Imana yanyu yabakuye mu Misiri, kugira ngo mwe gukomeza kuba inkoreragahato. Nabavanye mu buja none mufite amahoro asesuye.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

13 Ndi Uhoraho Imana yanyu yabakuye mu Misiri, kugira ngo mwe gukomeza kuba inkoreragahato. Nabavanye mu buja none mufite amahoro asesuye.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

13 Ndi Uhoraho Imana yanyu yabakuye mu gihugu cy’Abanyamisiri kugira ngo mureke kubabera abacakara. Ni jye wabakuye ku ngoyi yari yarabahese umugongo, mbaha kugendana ishema.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Abalewi 26:13
18 Iomraidhean Croise  

Uwiteka, ni ukuri ndi umugaragu wawe, Ndi umugaragu wawe, Umwana w'umuja wawe wambohoye ingoyi.


Uwiteka anangira umutima wa Farawo umwami wa Egiputa akurikira Abisirayeli, kuko Abisirayeli bari bavuye muri Egiputa bateze amaboko.


“Ndi Uwiteka Imana yawe yagukuye mu gihugu cya Egiputa, mu nzu y'uburetwa.


Kandi nzabazana mube ubwoko bwanjye nanjye mbabere Imana, ni ho muzamenya ko ndi Uwiteka Imana yanyu, ibatuye imitwaro Abanyegiputa babakorera, ikabakura muri bo.


Ngishyize mu biganza by'abakurenganyaga bakakubwira bati ‘Rambarara tukugende hejuru’, nawe ugatega umugongo wawe nk'ubutaka cyangwa nk'inzira y'abagenzi.”


Kuko umutwaro bamuhekeshaga n'ingegene bamukubitaga mu bitugu n'inkoni y'uwamutwazaga igitugu, wabivunnye nko kuri wa munsi w'Abamidiyani.


“Erega kera wiyiciye ubuhake, wica isezerano ryari rikuboshye kandi uvuga uti ‘Sinzakoreshwa!’ Ahubwo mu mpinga y'umusozi wose no munsi y'igiti cyose gitoshye, waraharamyaga wibunza.


“Uku ni ko Uwiteka Nyiringabo Imana ya Isirayeli ivuze iti ‘Naciye uburetwa bw'umwami w'i Babuloni.


Kandi Yekoniya mwene Yehoyakimu umwami w'u Buyuda, n'imbohe zose z'u Buyuda zajyanywe i Babuloni nzabagarura aha, kuko nzaca uburetwa bw'umwami w'i Babuloni.’ ” Ni ko Uwiteka avuga.


I Tehafenehesi na ho hazaba ubwirakabiri igihe nzahakuraho uburetwa bwa Egiputa, kandi ubwibone bw'ububasha bwaho buzahashira. Igicu kizahatwikira, na bo abakobwa babo bazajyanwa ari abanyagano.


Maze igiti cyo mu gasozi kizera imbuto zacyo, ubutaka buzera umwero wabwo, zizibera amahoro mu gihugu cyazo, kandi zizamenya yuko ndi Uwiteka igihe nzaba maze kuzica ku mugozi w'uburetwa, no kuzirokora nzivanye mu maboko y'abazihataga.


Nabiyegereje n'imigozi nk'umuntu, mbakuruza imirunga y'urukundo, kandi nabamereye nk'abakura imikoba mu nzasaya zabo, mbashyira ibyokurya imbere.


Ndi Uwiteka Imana yanyu, yabakuriye mu gihugu cya Egiputa kubaha igihugu cy'i Kanāni, nkababera Imana.


Kuko abo ari imbata zanjye nakuye mu gihugu cya Egiputa, ntibakagurwe ngo babe imbata.


Kuko Abisirayeli ari imbata zanjye ubwanjye, ni imbata zanjye nakuye mu gihugu cya Egiputa. Ndi Uwiteka Imana yanyu.


Ndetse ubu ngiye kugucaho uburetwa bwe, nguceho n'ingoyi ikuboshye.”


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan