Kubara 9:10 - Bibiliya Yera10 “Bwira Abisirayeli uti ‘Nihagira umuntu muri mwe cyangwa mu rubyaro rwanyu uhumanywa n'intumbi, cyangwa uri mu rugendo rwa kure, nubwo bimeze bityo, aziriririze Uwiteka Pasika. Se kapitletBibiliya Ijambo ry'imana D10 guha Abisiraheli n'abazabakomokaho aya mabwiriza, agira ati: “Abadashobora kwizihiza Pasika bitewe n'uko bakoze ku ntumbi cyangwa ko bari mu rugendo, bajye bayizihiza Se kapitletBibiliya Ijambo ry'imana10 guha Abisiraheli n'abazabakomokaho aya mabwiriza, agira ati: “Abadashobora kwizihiza Pasika bitewe n'uko bakoze ku ntumbi cyangwa ko bari mu rugendo, bajye bayizihiza Se kapitletKinyarwanda Bibiliya Ntagatifu10 «Bwira Abayisraheli aya magambo uti: Nihagira umuntu muri mwe cyangwa mu bazabakomokaho uhumanywa no gukora intumbi cyangwa yaragiye mu rugendo rwa kure, ibyo ntibizamubuze guhimbaza Pasika y’Uhoraho, Se kapitlet |