Matayo 5:19 - Bibiliya Yera19 Nuko uzica rimwe ryo muri ayo mategeko naho ryaba ryoroshye hanyuma y'ayandi, akigisha abandi kugira batyo, mu bwami bwo mu ijuru azitwa mutoya rwose. Ariko uzayakora akayigisha abandi, mu bwami bwo mu ijuru azitwa mukuru. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana D19 Umuntu wese uzaca ku itegeko rimwe, naho ryaba rito muri ayo yose, akigisha abantu kugenza nka we, azagirwa uwa nyuma mu bwami bw'ijuru. Ariko uzayumvira akayigisha abandi, azitwa mukuru mu bwami bw'ijuru. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana19 Umuntu wese uzaca ku itegeko rimwe, naho ryaba rito muri ayo yose, akigisha abantu kugenza nka we, azagirwa uwa nyuma mu bwami bw'ijuru. Ariko uzayumvira akayigisha abandi, azitwa mukuru mu bwami bw'ijuru. Viz kapitolaKinyarwanda Bibiliya Ntagatifu19 Nuko rero, uzarenga kuri rimwe muri ayo mategeko yoroheje, kandi akigisha n’abandi kugenza batyo, azitwa igiseswa mu Ngoma y’ijuru. Naho uzajya ayakurikiza akayatoza abandi, azitwa umuntu ukomeye mu Ngoma y’ijuru. Viz kapitola |