Mariko 10:30 - Bibiliya Yera30 utazahabwa ibibiruta incuro ijana muri iki gihe cya none, ari amazu, ari bene se, ari bashiki be, ndetse na ba nyina, n'abana, n'amasambu, hamwe no kurenganywa, maze mu gihe kizaza akazahabwa ubugingo buhoraho. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana D30 muri iki gihe uwo muntu azahabwa ibiruta ibyo incuro ijana. Azahabwa ingo n'abavandimwe na ba nyina n'abana n'amasambu, icyakora azanatotezwa, no mu gihe kizaza azahabwa ubugingo buhoraho. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana30 muri iki gihe uwo muntu azahabwa ibiruta ibyo incuro ijana. Azahabwa ingo n'abavandimwe na ba nyina n'abana n'amasambu, icyakora azanatotezwa, no mu gihe kizaza azahabwa ubugingo buhoraho. Viz kapitolaKinyarwanda Bibiliya Ntagatifu30 ngo abure kwiturwa karijana muri iki gihe, ari amazu, ari abavandimwe, ari na bashiki be, na ba nyina, n’abana n’amasambu, ariko n’ibitotezo bitabuze, kandi no mu gihe kizaza, akaziturwa ubugingo bw’iteka. Viz kapitola |