Ibyahisuwe 20:10 - Bibiliya Yera10 kandi Satani wabayobyaga ajugunywe muri ya nyanja yaka umuriro n'amazuku, irimo ya nyamaswa na wa muhanuzi w'ibinyoma. Bazababazwa ku manywa na nijoro iteka ryose. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana D10 Satani wabayobyaga arohwa mu kiyaga cyaka umuriro kirimo n'amazuku, aho cya gikōko na wa muhanurabinyoma bari bamaze kurohwa. Bazahagorerwa ijoro n'amanywa iteka ryose. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana10 Satani wabayobyaga arohwa mu kiyaga cyaka umuriro kirimo n'amazuku, aho cya gikōko na wa muhanurabinyoma bari bamaze kurohwa. Bazahagorerwa ijoro n'amanywa iteka ryose. Viz kapitolaKinyarwanda Bibiliya Ntagatifu10 Na Sekibi wabayobyaga, arohwa mu nyenga y’umuriro n’ubujeni, aho cya Gikoko na wa muhanurabinyoma bari. Bazababara amanywa n’ijoro, uko ibihe bizahora bisimburana iteka. Viz kapitola |