Esiteri 4:16 - Bibiliya Yera16 “Genda uteranye Abayuda bari i Shushani bose mwiyirize ubusa munsabire, mumare iminsi itatu ku manywa na nijoro mutagira icyo murya cyangwa munywa. Nanjye n'abaja banjye tuzabigenza dutyo. Uko ni ko nzasanga umwami, nirengagije itegeko, kandi niba nzarimbuka nzarimbuke.” Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana D16 “Genda ukoranye Abayahudi bose bari i Shushani, maze mwigomwe kurya ari jye mubigirira. Mumare iminsi itatu n'amajoro atatu, nta cyo murya cyangwa munywa. Nanjye n'abaja banjye tuzabigenza dutyo. Nubwo ari ukurenga ku itegeko ry'umwami nzamusanga, nibiba ngombwa ko mpfa nzapfe.” Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana16 “Genda ukoranye Abayahudi bose bari i Shushani, maze mwigomwe kurya ari jye mubigirira. Mumare iminsi itatu n'amajoro atatu, nta cyo murya cyangwa munywa. Nanjye n'abaja banjye tuzabigenza dutyo. Nubwo ari ukurenga ku itegeko ry'umwami nzamusanga, nibiba ngombwa ko mpfa nzapfe.” Viz kapitola |