Abaroma 7:6 - Bibiliya Yera6 Ariko noneho ntitugitwarwa n'amategeko, kuko twapfuye ku mategeko yari atuboshye. Ni cyo gituma turi imbata mu bubata bushya bw'Umwuka, butari bwa bundi bwa kera bw'inyuguti. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana D6 Naho ubu ntitukigengwa n'Amategeko, kuko twapfuye mu ruhande rw'ibyari bitugize imfungwa. Noneho dusigaye dukorera Imana ku buryo bushya dushobozwa na Mwuka, ntitukiyikorera ku buryo bushaje tuyoborwa n'Amategeko yanditswe. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana6 Naho ubu ntitukigengwa n'Amategeko, kuko twapfuye mu ruhande rw'ibyari bitugize imfungwa. Noneho dusigaye dukorera Imana ku buryo bushya dushobozwa na Mwuka, ntitukiyikorera ku buryo bushaje tuyoborwa n'Amategeko yanditswe. Viz kapitolaKinyarwanda Bibiliya Ntagatifu6 Naho ubu ngubu, twapfuye ku byerekeye itegeko, tugobotorwa n’ibyo ryatuboheshaga ku buryo tugengwa na roho nshya, aho kugengwa n’inyandiko ishaje. Viz kapitola |