Abaroma 10:19 - Bibiliya Yera19 Ariko ndabaza nti “Abisirayeli ntibabimenye?” Mose ni we wabanje kuvuga ati “Nzabateza ishyari ku batari ishyanga nyashyanga, Nzabarakaza nkunze ishyanga ritagira ubwenge.” Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana D19 Ndabaza rero. Mbese Abisiraheli ntibabisobanukiwe? Erega mbere Musa yari yaravuze ati: “Nzabaharika abanyamahanga mbatere gufuha, nzabarakaza ntonesha abanyabwengebuke!” Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana19 Ndabaza rero. Mbese Abisiraheli ntibabisobanukiwe? Erega mbere Musa yari yaravuze ati: “Nzabaharika abanyamahanga mbatere gufuha, nzabarakaza ntonesha abanyabwengebuke!” Viz kapitolaKinyarwanda Bibiliya Ntagatifu19 Nongere mbaze: mbese Israheli yaba itarasobanukiwe? Musa ni we wabanje kuvuga ati «Nzabaharika ikitari umuryango muterwe ishyari.» n’ihanga ritagira ubwenge Viz kapitola |