Abalewi 26:36 - Bibiliya Yera36 “Abarokotse muri mwe nzabaterereza gukukira imitima mu bihugu by'ababisha babo, bazakangwa n'ikibabi kijyanwa n'umuyaga, bahunge nk'uko umuntu ahunga inkota, bazagwa ari nta wubirukanye. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana D36 “Abazacika ku icumu muri mwe bazaba bari mu bihugu by'abanzi, nzabateza ubwoba ku buryo nibumva n'ikibabi kigushijwe n'umuyaga bazikanga. Bazahunga nk'abakurikiwe n'igitero bagwe nta wubirukanye. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana36 “Abazacika ku icumu muri mwe bazaba bari mu bihugu by'abanzi, nzabateza ubwoba ku buryo nibumva n'ikibabi kigushijwe n'umuyaga bazikanga. Bazahunga nk'abakurikiwe n'igitero bagwe nta wubirukanye. Viz kapitolaKinyarwanda Bibiliya Ntagatifu36 Abo muri mwebwe bazaba bararokotse, bari mu bihugu by’ababisha, nzabakurikirana kugeza ubwo biheba. Akababi nikamanuka ku giti kazajya kabakura umutima biruke nk’abahunga inkota, maze bajye bikubita hasi kandi nta we ubirukanye. Viz kapitola |