2 Abami 10:6 - Bibiliya Yera6 Yongera kubandikira urwandiko ubwa kabiri, ngo “Niba muri abanjye mukanyumvira, nimuce ibihanga bya bene shobuja, ejo nk'iki gihe muzabinsangishe i Yezerēli.” Icyo gihe abana b'umwami uko ari mirongo irindwi, bari kumwe n'abakuru b'umurwa babarerega. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana D6 Yehu yongera kubandikira ati: “Niba munshyigikiye kandi mukaba munyumvira, nimuce imitwe abana bose ba shobuja Ahabu, ejo nk'iki gihe muzayinsangishe i Yizerēli.” Abo bana ba Ahabu uko ari mirongo irindwi, bari hirya no hino ku bakuru b'umujyi bari babashinzwe. Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana6 Yehu yongera kubandikira ati: “Niba munshyigikiye kandi mukaba munyumvira, nimuce imitwe abana bose ba shobuja Ahabu, ejo nk'iki gihe muzayinsangishe i Yizerēli.” Abo bana ba Ahabu uko ari mirongo irindwi, bari hirya no hino ku bakuru b'umujyi bari babashinzwe. Viz kapitolaKinyarwanda Bibiliya Ntagatifu6 Yehu abandikira indi baruwa, ababwira ati «Niba muri abanjye, mukaba munyumva, abana ba shobuja nimubace imitwe, maze ejo kuri iyi saha muyinsangishe i Yizireyeli.» Ariko icyo gihe abana b’umwami uko ari mirongo irindwi, bari hirya no hino mu bakuru b’umurwa babareraga. Viz kapitola |