Kubara 5:12 - Bibiliya Ijambo ry'imana12-14 kubwira Abisiraheli ati: “Hari ubwo umugore yahemukira umugabo we agasambana, umugabo we akabikeka akamufuhira ariko akaba adafite gihamya ko yihumanyije atyo, kuko nta wamubonye cyangwa ngo amufate. Hari n'ubwo umugabo yakeka umugore we akamufuhira kandi nta cyo yakoze. Viz kapitolaBibiliya Yera12 “Bwira Abisirayeli uti ‘Umugore w'umuntu nahindukirira undi, agacumurisha ku mugabo we gusambana n'uwo, Viz kapitolaBibiliya Ijambo ry'imana D12-14 kubwira Abisiraheli ati: “Hari ubwo umugore yahemukira umugabo we agasambana, umugabo we akabikeka akamufuhira ariko akaba adafite gihamya ko yihumanyije atyo, kuko nta wamubonye cyangwa ngo amufate. Hari n'ubwo umugabo yakeka umugore we akamufuhira kandi nta cyo yakoze. Viz kapitolaKinyarwanda Bibiliya Ntagatifu12 «Dore ibyo uzabwira Abayisraheli: Hari ubwo umugore yakwifata nabi agahemukira umugabo we, Viz kapitola |